Nasara, a song by Meddy translated into English


Nasara (I can go mad) by MEDDY

 

 

Niyohabura…,

Even if there is left

Umunota umwe gusa

One minute only,

Niyo bose bakwanga, nzaba nkigukunda,..

Even if all despise you, I will still love you

Uwakwibagiza ibyahise, ahaa..!

If only one can forget the past, ahaa!

Erega mama twari tukira abana,

Oh dear, we were still kids,

Simvaha tutari kumwe..

I won’t leave here without you

Nahubundi nasara ,

Otherwise I’ll go mad,

Nahubundi nasara hooo.

Otherwise I’ll go mad

Ntuzigera umpemukira,

  Don't ever fail me,

Nahubundi nasara

Otherwise I’ll go mad

Nahubundi nasara hooo.

Otherwise I’ll go mad

 

Uwandangira,

If one could direct me

Aho wanyuze,

When you passed

Nze ngusange , nanjye…

I come to you.. and me

Icy'amatwi atumva,

What ears can't hear

Nyamara umutima ukacyumvaa

 Nonetheless the heart feels it

Ntacyananiza nko kukureka.

The hardest to me would to let you go

Mbwira icyo ukunda,

Tell me what you like

Ngerageze ndebe uko nagushimisha.

I try and see if I can make you happy

Wikwibaza byinshi,

Don’t ponder too much

Tera intambwe,

Make one step,

Humiriza tubyine Buhorooo,

Close your eyes and we dance slowly

 

Kuko numva, bita ..nkundira

Because I don’t think I can

Wenda mbisubike,

Maybe I can put it off

Ntangire bundi bushya.

I start from scratch

 

Ref:

Niyohabura…,

Even if there is left

Umunota umwe gusa

One minute only,

Niyo bose bakwanga, nzaba nkigukunda,..

Even if all despise you, I will still love you

Uwakwibagiza ibyahise, ahaa..!

If only one can forget the past, ahaa!

Erega mama twari tukira abana,

Oh dear, we were still kids,

Simvaha tutari kumwe..

I won’t leave here without you

Nahubundi nasara ,

Otherwise I’ll go mad,

Nahubundi nasara hooo.

Otherwise I’ll go mad

Ntuzigera umpemukira,

You won’t fail me,

Nahubundi nasara

Otherwise I’ll go mad

Nahubundi nasara hooo.

Otherwise I’ll go mad

 

 

 

Ntaho nagera nkusize,

I can’t reach anywhere leaving you behind

Aho wajya hose,

Wherever you go

Nzagukurikira mu mwijima.

I will follow you in the darkness

Come come, I don’t wanna leave,

Please run run.

Hari aho ngera nkumva,

There comes a time I feel

Ntayindi ntambwe nsigaranye imbere

There’s not one step left for me

Nsigaye nigengesera,

These days I am being cautious

Nkababaza umutima,

And I hurtt my heart

Nkatinya kuzagutenguha

I fear failing you

Hari ibyishi,nifuza ko wamenya,

There are a lot of things I want you to know

Humuriza tubyine buhorooo,

Close your eyes and we dance slowly

Kuko numva, bita ..nkundira

Because I feel I can’t

Wenda mbisubike,

Maybe I put it off

Ntangire bundi bushya.

I strart from scratch

 

Ref:

Niyohabura…,

Even if there is left

Umunota umwe gusa

One minute only,

Niyo bose bakwanga, nzaba nkigukunda,..

Even if all despise you, I will still love you

Uwakwibagiza ibyahise, ahaa..!

If only one can forget the past, ahaa!

Erega mama twari tukira abana,

Oh dear, we were still kids,

Simvaha tutari kumwe..

I won’t leave here without you

Nahubundi nasara ,

Otherwise I’ll go mad,

Nahubundi nasara hooo.

Otherwise I’ll go mad

Ntuzigera umpemukira,

You won’t fail me,

Nahubundi nasara

Otherwise I’ll go mad

Nahubundi nasara hooo.

Otherwise I’ll go mad

 

Commentaires

Posts les plus consultés de ce blog

In the seven world colors

Will take God to court