Nasara (I can go mad) by MEDDY
Niyohabura…,
Even if there is left
Umunota umwe gusa
One minute only,
Niyo bose bakwanga, nzaba nkigukunda,..
Even if all despise you, I will still love you
Uwakwibagiza ibyahise, ahaa..!
If only one can forget the past, ahaa!
Erega mama twari tukira abana,
Oh dear, we were still kids,
Simvaha tutari kumwe..
I won’t leave here without you
Nahubundi nasara ,
Otherwise I’ll go mad,
Nahubundi nasara hooo.
Otherwise I’ll go mad
Ntuzigera umpemukira,
Don't ever fail me,
Nahubundi nasara
Otherwise I’ll go mad
Nahubundi nasara hooo.
Otherwise I’ll go mad
Uwandangira,
If one could direct me
Aho wanyuze,
When you passed
Nze ngusange , nanjye…
I come to you.. and me
Icy'amatwi atumva,
What ears can't hear
Nyamara umutima ukacyumvaa
Nonetheless the heart feels it
Ntacyananiza nko kukureka.
The hardest to me would to let you go
Mbwira icyo ukunda,
Tell me what you like
Ngerageze ndebe uko nagushimisha.
I try and see if I can make you happy
Wikwibaza byinshi,
Don’t ponder too much
Tera intambwe,
Make one step,
Humiriza tubyine Buhorooo,
Close your eyes and we dance slowly
Kuko numva, bita ..nkundira
Because I don’t think I can
Wenda mbisubike,
Maybe I can put it off
Ntangire bundi bushya.
I start from scratch
Ref:
Niyohabura…,
Even if there is left
Umunota umwe gusa
One minute only,
Niyo bose bakwanga, nzaba nkigukunda,..
Even if all despise you, I will still love you
Uwakwibagiza ibyahise, ahaa..!
If only one can forget the past, ahaa!
Erega mama twari tukira abana,
Oh dear, we were still kids,
Simvaha tutari kumwe..
I won’t leave here without you
Nahubundi nasara ,
Otherwise I’ll go mad,
Nahubundi nasara hooo.
Otherwise I’ll go mad
Ntuzigera umpemukira,
You won’t fail me,
Nahubundi nasara
Otherwise I’ll go mad
Nahubundi nasara hooo.
Otherwise I’ll go mad
Ntaho nagera nkusize,
I can’t reach anywhere leaving you behind
Aho wajya hose,
Wherever you go
Nzagukurikira mu mwijima.
I will follow you in the darkness
Come come, I don’t wanna leave,
Please run run.
Hari aho ngera nkumva,
There comes a time I feel
Ntayindi ntambwe nsigaranye imbere
There’s not one step left for me
Nsigaye nigengesera,
These days I am being cautious
Nkababaza umutima,
And I hurtt my heart
Nkatinya kuzagutenguha
I fear failing you
Hari ibyishi,nifuza ko wamenya,
There are a lot of things I want you to know
Humuriza tubyine buhorooo,
Close your eyes and we dance slowly
Kuko numva, bita ..nkundira
Because I feel I can’t
Wenda mbisubike,
Maybe I put it off
Ntangire bundi bushya.
I strart from scratch
Ref:
Niyohabura…,
Even if there is left
Umunota umwe gusa
One minute only,
Niyo bose bakwanga, nzaba nkigukunda,..
Even if all despise you, I will still love you
Uwakwibagiza ibyahise, ahaa..!
If only one can forget the past, ahaa!
Erega mama twari tukira abana,
Oh dear, we were still kids,
Simvaha tutari kumwe..
I won’t leave here without you
Nahubundi nasara ,
Otherwise I’ll go mad,
Nahubundi nasara hooo.
Otherwise I’ll go mad
Ntuzigera umpemukira,
You won’t fail me,
Nahubundi nasara
Otherwise I’ll go mad
Nahubundi nasara hooo.
Otherwise I’ll go mad
Commentaires
Enregistrer un commentaire